INKURU ZIHERUKA

Abakinnyi ba APR FC bavuye mu makipe y’ibihugu bakoranye n’abandi imyitozo...

Abakinnyi ba APR FC bari mu makipe y’igihugu , mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane bakoranye na bagenzi babo bitegura umukino wa ½ tuzahuriramo na Al Hilal SC ku wa Gatandatu tariki 13 Nzeri. Abakinnyi bane bari kumwe n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda...

APR FC izahura na Al Hilal SC muri ½ cya CECAFA Kagame Cup yahinduriwe...

Ikipe y’ingabo z’Igihugu izongera ihure na Al Hilal Omdurman mu mukino wa ½ cya CECAFA Kagame Cup uteganyijwe ku wa Gatandatu saa Tanu n’igice za Kigali. Al Hilal ni yo ishoboye kuyobora itsinda C n’amanota atanu. Umukino wa nyuma yatsinze Kator yo...

’Igihe cy’umwijima kuri Amerika’ – Inshuti ya Trump yarashwe iricwa irimo gutanga...

Charlie Kirk umwe mu nshuti za hafi za Perezida Donald Trump n’umuryango we wanamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza, yishwe arasiwe muri kaminuza iri muri leta ya Utah aho yari arimo atanga ikiganiro. Kirk w’imyaka 31 azwiho kuba impirimbanyi...

Ahubwo iyo bazigira Miliyoni 5 - Zidane avuga ku kwandikisha abakinnyi...

Nsabimana Eric bahimba Zidane, kapiteni wa Police FC asanga kongera abanyamahanga bakaba umunani ari byiza ariko ngo FERWAFA yari kongera amafaranga yo kubandikisha akaba nibura Miliyoni 5 kugira ngo hajye hazanwa abeza kurushaho. Ibi...

Police FC yatangaje ingamba zihariye zizayifasha ’kwegukana’ igikombe cya...

Ubuyobozi bwa Police FC bwagaragaje ko abakunzi bayo bazabona ikipe nshya mu myumvire n’imikorere ndetse izahatanira bikomeye Igikombe cya Shampiyona. Ibi byagarutsweho mu kiganiro n’itangazamakuru, cyabaye ku wa Gatatu, tariki ya 10 Nzeri 2025,...

Impinduka zatangiye kugaragara rugikubita! Ibyumweru bibiri bya mbere bya Shema...

Mu gihe cy’ibyumweru bibiri gusa amaze atorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yatangiye kugaragaza impinduka ndetse no guhindura ibyari byarananiranye muri FERWAFA. Tariki 30 Kanama 2025 nibwo Dr....

Rafiki Football Foundation igiye gutangira guteza imbere n’umupira...

Nyuma y’uko yatangiye ifasha abahungu bakiri bato kuzamuka ndetse bamwe bakaba bari mu ikipe y’igihugu, Amavubi y’abatarengeje imyaka 17, Rafiki Football Foundation igiye no gutangira guteza imbere umupira w’abagore ibinyujije mu ikipe yayo izakina...

Rukundo Patrick yeguye ku mwanya w’umubitsi wa Rayon Sports

Kuri uyu wa kabiri tariki 9 Nzeri 2025 , Rukundo Patrick wari umubitsi wa Rayon Sports yamaze kwegura kuri uyu mwanya. Ni mu ibaruwa yandikiye Perezida wa Association Rayon Sports , Twagirayezu Thadee. Muri iyi baruwa Rwandamagazine.com ifitiye...

Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma yitegura Zimbabwe

Kuri uyu wa Mbere, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoreye imyitozo kuri Orlando Stadium muri Afurika y’Epfo aho yakirirwa na Zimbabwe kuri uyu wa Kabiri mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, kapiteni n’abatoza bizeza Abanyarwanda...

Ukraine: Bwa mbere Uburusiya bwarashe ibisasu bihamya inyubako nkuru za leta i...

Imwe mu nyubako z’ibanze za leta ya Ukraine yarashweho ibisasu n’ibitero bya ’drones’ by’Uburusiya mu ijoro ryacyeye mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko umunyamakuru wa BBC uriyo abivuga. Ni gacye cyane ibisasu bya misile by’Uburusiya cyangwa za ’drones’...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

Squid Game 2 iraje: ’Nakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere’ - uwayihanze

Ubwo nabazaga uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress) mu gutunganya igice cya mbere ku buryo yakutse amenyo atandatu, yahise ankosora vuba vuba, ati; “Ni umunani cyangwa...

Miss Rwanda yakatiwe gufungwa amezi atatu asubitse

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwahamije Miss Rwanda uriho ubu ibyaha byo gutwara imodoka yasinze no gutwara imodoka nta ruhushya afite, rumuhanisha igifungo gisubitse cy’amezi atatu n’amande y’amafaranga 190,000. Divine Muheto...

Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri

Ubushinjacyaha mu Rwanda bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kugonga ibikorwa remezo no guhunga aho yabikoreye. Muheto w’imyaka 21...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

Read all News

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...