Inkuru Zamamaza
-
TDR 2026:Uko Ingufu Gin iserutse mu gace Karongi - Rubavu
25 / 02 / 2026 - 09:19Kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Gashyantare yakomeje hakinwa agace ka kane karahagurukira i Karongi, abasiganwa berekeza i Rubavu. Nk’uko bisanzwe, uruganda Ingufu Gin Ltd ruri kuhacana umucyo kuva batangiye kugeza i Rubavu. Iri rushanwa... -
Bahacanye umucyo! Uko Ingufu Gin yaserutse ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda 2026
22 / 02 / 2026 - 17:43Kuri iki Cyumweru, ubwo hatangiraga gukinwa Isiganwa ry’Amagare rizenguruka u Rwanda ’ Tour du Rwanda 2026’, Uruganda Ingufu Gin Ltd rwahacanye umucyo ndetse rususurutsa abari baje kwihera ijisho iri siganwa. Kuri uyu munsi hakinwaga agace ka... -
Nkurangire iduka ricuruza ibikoresho bya ’Electronics’ ku giciro gito cyane
3 / 01 / 2026 - 08:56Mu mutima w’Umujyi wa Kigali, hari ahantu hihariye hahurira ikoranabuhanga, ubunyamwuga n’icyizere. Ni iduka rya D&I Electronics LTD ryubatswe ku ntego yo korohereza Abanyarwanda kubona ibikoresho bigezweho bibafasha mu buzima bwa buri munsi... -
Kanombe: Hagiye gutahwa akabari kagezweho
4 / 09 / 2025 - 10:38Niba uherereye mu Mujyi wa Kigali, by’umwihariko utuye i Kanombe, kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Nzeri 2025 ntahandi uzasohokera atari kuri Safe Place Lounge, Chez Fillette, akabari gashya kazatahwa i Nyarugunga. Ni ibirori biteganyijwe kuri uyu... -
INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA MBABAZI Christine RUSABA GUHINDURA IZINA
25 / 11 / 2024 - 16:01Turamenyesha ko uwitwa MBABAZI Christine mwene Rukeribuga na Mukankusi, utuye mu Mudugudu wa Mikingo, Akagari ka Byahi, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu, mu Ntara y’Iburengerazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina... -
Skol yamuritse ikinyobwa gishya kidasembuye
9 / 07 / 2024 - 06:58Kuri uyu wa mbere tariki 8 Nyakanga 2024 nibwo uruganda rwenga ibibyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Skol Brewery Ltd rwashyize hanze ikinyobwa gishya kidasembuye cyitwa Maltona. Ni igikorwa cyabereye mu Mujyi wa Kigali muri Car Free zone aho... -
CANAL + Rwanda yahaye imfashanyishigisho abana barererwa mu kigo cya Hope and Homes for children (AMAFOTO )
4 / 07 / 2024 - 18:00CANAL + Rwanda yatanze ibikoresho byifashishwa mu kwiga birimo Television ndetse n’ibiribwa ku bana barererwa mu kigo Hope and Homes for children uherereye mu Kagali ka Karugira, umurenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyabaye... -
Impamvu 4 ukwiriye gusohokera kuri Kigufi Hill Hotel iri ku kiyaga cya Kivu (PHOTO+VIDEO)
9 / 02 / 2024 - 08:32Kigufi Hill Hotel ni Hotel yihariye iherereye ku musozi wa Kigufi mu Karere ka Rubavu, ikagira umwihariko wo kuba yitaruye Umujyi kandi ikaba ikora ku kiyaga cya Kivu, ikaba iri ahantu hatuje ho kuruhukira mu buryo bwihariye kandi bwisanzuye.... -
Nkurangire aho warira iyi nkoko y’umuceri
25 / 01 / 2024 - 06:18Niba ukunda inyama ariko ukaba ukanda cyane inkoko itekanye n’umuceri, nakurangira Esperanza Motel kuko niho uzayisanga, wamara kuyirya ukaharangira n’inshuti n’abavandimwe. Esperanza Motel iherereye i Gikondo munsi y’ishuri Petit Prince....














