Abarenga ibihumbi 277 batangiye ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri abanza
7 / 07 / 2026 - 08:28Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Nyakanga 2026, hirya no hino mu Rwanda hatangijwe ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (Primary Leaving Examinations - PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026.
Mu Karere ka Kicukiro, umuhango wo gutangiza ibi...














