Kanombe: Hagiye gutahwa akabari kagezweho

Niba uherereye mu Mujyi wa Kigali, by’umwihariko utuye i Kanombe, kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Nzeri 2025 ntahandi uzasohokera atari kuri Safe Place Lounge, Chez Fillette, akabari gashya kazatahwa i Nyarugunga.

Ni ibirori biteganyijwe kuri uyu wa Gatanu i Kanombe mu Murenge wa Nyarugunga, ahazwi nko mu Kajagari ruguru gato y’Umurenge, ahateganye n’Akagali ka Kamashashi.

Abazahagana ntibazicwa n’urungu kuko bazacurangirwa n’abahanga mu gucuranga indirimbo z’Igisope ndetse na DJ Zenox.

Bagutegurira amafunguro mu buryo bwa gihanga, uhasanga ibyo kunywa by’amoko yose kandi ukabifatira ahantu ubona habereye amafaranga yawe ndetse ukahagirira ibihe byiza utazibagirwa.

Ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa kuvunyisha wahamagara kuri 0788450374.

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo