INKURU ZIHERUKA

Police WFC yanganyije na Rayon Sports WFC iguma ku mwanya wa mbere...

Kuri iki cyumweru tariki 7 Ukuboza 2025, ikipe ya Police y’abagore yanganyije na Rayon Sports y’abagore 1-1 bituma iguma ku mwanya wa mbere. Hari mu mukino wabereye i Shyorongi guhera saa cyenda...

USA:Perezida wa Ferwafa yitabiriye tombola y’amakipe azakina igikombe...

Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Shema Fabrice yitabiriye tombola y’amakipe azakina Igikombe cy’Isi kizabera muri Amerika, Canada na Mexique yabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 5...

Kiyovu Sports yanyagiye Etincelles FC, Fidali atsinda Hat- trick...

Kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Ukuboza 2025, ikipe ya Kiyovu Sports yanyagiye Etincelles FC 4-1 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium, Uwiyaremye Fidali atsinda 3 ndetse aba Man of the match. Ibitego 3 bya Kiyovu Sports , Uwiyaremye Fidali...

MU MAFOTO:Rayon Sports yatsinze Musanze FC abafana bongera kumwenyura

Kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Ukuboza 2025, ikipe ya Rayon Sports yatsinze Musanze FC ibitego 2-0 mu mukibo wabereye kuri Kigali Pele Stadium, abafana bayo bongera kumwenyura iba n’intsinzi ya mbere kuri Komite y’Inzibacyuho iyobowe na Murenzi...

MU MAFOTO 100: Rep. Guard yatsinze Logistics Brigade isoza imikino ibanza...

Ikipe y’abarinda umutekano wa Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu (Republican Guard Rwanda ) yatsinze Logistics Brigade ibitego 2-0 usoza imikino ibanza yo mu itsinda mu gikombe cy’Intwari, ikomeza kuyobora urutonde rw’agateganyo mu...

Ibishya mu rubyiruko - ’tattoo’ yo guhindura ishinya umukara irimo kwitabirwa...

’Tattoo/ Tatouage’ zo ku mubiri zirasanzwe kandi zizwi na benshi, ariko muri iki gihe mu Rwanda harimo kuboneka izitamenyerewe. Guhindura ishinya cyangwa iminwa umukara hakoreshejwe tattoo. Mu Rwanda, kuri bamwe, ishinya y’umukara ni...

Nkombo FC yanganyije na Muhazi United, ifata umwanya wa mbere (AMAFOTO...

Ikipe ya Nkombo FC yakinishaga abakinnyi 10 yabashije gukura inota kuri Muhazi United mu mukino wabereye i Ngoma kuri uyu wagatandatu tariki 29 Ugushyingo 2025 bituma ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Ni umukino amakipe yombi yari akeneyemo...

Kurwanya SIDA: Umuti wa Lenacapavir watangiye kugera muri Afurika

Mu mpera z’ukwezi gushize, Eswatini na Zambia byabaye ibihugu bya mbere muri Afurika byakiriye umuti wa Lenacapavir uvuye ku ruganda ruwukora rwa Gilead Sciences, nk’uko leta ya Amerika yabitangaje. Abashinzwe ubuzima ku isi bavuga ko uyu muti...

FERWAFA yahuguye Aba-Stewards ba Eagle S.C Company Ltd

Kuri uyu wa kane tariki 27 Ugushyingo 2025 kuri Kigali Pele Stadium hasojwe amahugurwa y’Itsinda Eagle Company Ltd ry’abashinzwe umutekano wo ku bibuga (Stewards) bahawe na Komiseri muri FERWAFA ushinzwe umutekano n’imyitwarire myiza mu mikino,...

Heroes Cup: Rep. Guard yatsinze Division 1, ikomeza kuyobora itsinda (AMAFOTO...

Ikipe y’abarinda umutekano wa Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu (Republican Guard Rwanda ) yatsinze Division 1 ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda mu gikombe cy’Intwari, ikomeza kuyobora urutonde rw’agateganyo mu...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Icyamamare muri muzika Jimmy Cliff yatabarutse

Jimmy Cliff, umwe mu bahanzi ba Reggae na Rock and Roll bamamaye kw’isi yapfuye, ku myaka 81. Kuva mu myaka ya 1960 Cliff yafashije kugeza umuziki wa Jamaica ku bantu benshi kw’isi mu ndirimbo ze zakunzwe cyane nka Wonderful World, Beautiful...

Impamvu 10 zituma Kigufi Hill Agape Resort ari paradizo y’abashakanye ku...

Ku musozi uhatse amazi asukuye y’ikiyaga cya Kivu, hagati y’uburanga bw’ibimera n’amahoro y’ikirere cya Rubavu, Kigufi Hill Agape Resort ni ahantu heza ku kiruhuko cy’abashakanye bashaka kongera gusabana, kuruhuka, no kwiyibutsa ibyiza by’urukundo....

5IVE Alive Tour: Hanzitse ibikorwa byinjiza abantu mu mpumeko y’igitaramo cya...

SKOL Malt ku bufatanye na Intore Entertainment, batangije ku mugaragaro urukurikirane rw’ibikorwa by’imyidagaduro mu cyiswe “Davido’s Ahanad Countdown” bitegurira abantu kwinjira mu mpumeko y’igitaramo gikomeye cya “Davido’s 5ive Tour”, giteganyijwe...

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho...

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo...

Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu umaze imyaka 12 urushinze, yiyemeza...

Umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yataramiye umuryango wa Muzungu wizihizaga imyaka 12 urushinze, yiyemeza kuzakomeza gutera ikirenge mu cyabo kuko abafataho urugero. Ni ibirori yanaririmbanyemo na Calvin Mbanda banafitanye...

Ibitaramo bya Senderi wizihiza imyaka 20 mu muziki bikomeje guhindurira bamwe...

Umuhanzi Eric Senderi International Hit akomeje gukora ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyarwanda, ibitaramo birimo guhindura ubuzima bwa bamwe harimo abari kwishyurirwa ishuri umwaka wose. Ni...

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...