INKURU ZIHERUKA

Abakinnyi bashya ba Rayon Sports mu bakomeje imyitozo yo kwitegura ’Saison’ nshya...

Abakinnyi bashya barimo rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo wakiniraga Daring Club Motema Pembe (DCMP) y’iwabo agasinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports bakomeje imyitozo yo kwitegura Saison nshya. Imyitozo yo kuri uyu wa...

Kuki Bibujijwe Gukoresha Telefoni Mu Ndege Yurira Cyangwa Igwa?

Nugenda bwa mbere mu ndege, abakozi bayikoramo icya mbere bazagusaba ni ukuzimya telefoni yawe cyangwa mu buryo bw’akadege ‘flight mode’ mbere yo guhaguruka. Mu ndege kandi abagenzi bagirwa inama yo kudakoresha ibikoresho bya elekitoroniki....

Hari ibikorwa baheza imyuka mibi- Menya inkomoko y’imwe mu mihango ikorwa mu...

Ubukwe nk’umunsi umugabo n’umugore biyemeza kubana akaramata bagasezerana gukundana no kudahemukirana iteka ni inzozi za benshi. Nk’umunsi uba ubundi rimwe mu buzima, usanga benshi bawutegurana udushya cyane kuko uba utazagaruka icyakora udushya...

Ibihugu bitarangwamo ikibuga cy’indege

Hafi y’ibihugu byose biri ku isi bigira nibura ikibuga kimwe cy’indege. Nyamara ariko hari ibihugu bitanu bitagira ikibuga cy’indege nibura kimwe. Ni ibihugu byose uko ari bitanu biherereye ku mugabane w’Uburayi. Ntibyabura gutangaza benshi uburyo...

Minisitiri wo mu Burusiya wari wirukanwe na Putin yasanzwe yapfuye

Urwego rw’ubugenzacyaha rw’Uburusiya ruvuga ko uwahoze ari Minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu Roman Starovoit yasanzwe yapfuye, uko bigaragara bitewe n’igikomere giturutse ku kwirasa. Mbere yaho ku wa mbere, Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin...

Aryoha asubiwemo:AMAFOTO 250 utabonye APR FC isubira ku ivuko ku...

Ikipe ya APR FC yasubiye ku Mulindi wa Byumba mu gikorwa cyiswe "APR ku ivuko" cyamurikiwemo igishushanyo mbonera cya stade yayo, imyambaro y’abakinnyi n’ikirango bishya. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 4 Nyakanga 2025, mu rwego...

Aryoha asubiwemo:AMAFOTO 250 utabonye Rep. Guard yegukana igikombe cya...

Ikipe y’Abasikare barinda Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’Igihugu (Republican Guard Rwanda) yegukanye igikombe cy’Irushanwa rihuza Ingabo z’u Rwanda “Liberation Cup” nyuma yo gutsinda Ikipe ya Division ya 3 igitego 1-0. Umukino wa nyuma...

Liberation cup 2025: Republican Guard yegukanye igikombe cya Volleyball...

Ikipe y’umukino w’intoki, Volleyball y’Abarinda umutekano wa Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu ’Republican Guard Rwanda’ (RG) yegukanye igikombe cy’uyu mwaka itsinze iy’ishuri rya Gisirikare rya Nasho seti 3-1 mu mukino wa nyuma mu...

Ibyo kwitondera ku muti wifashishwa mu mihango ibabaza

Abakobwa n’abagore bagira imihango ibabaza bakunze kwifashisha umuri wa ibuprofen mu rwego rwo kubagabanyiriza uburibwe bukabije baba bafite. Ibyo bituma bamwe bawuhorana nk’ubutabazi bw’ibanze ndetse benshi bakawugur anta muganga uwubandikiye....

Uko wakwirinda indwara yo kokerwa n’inkari

Ububabare buterwa no kokerwa n’inkari buterwa n’udukoko tunyura mu muyoboro w’inkari uva ku gitsina ukagera ku gasabo k’inkari no ku mpyiko. Impyiko rero ifite akamaro ko kuyungurura amaraso ari na ho inkari zikomoka, ariko nta mikorobi ziba zirimo...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Harimo Mo Salah, Burna Boy na Dangote: Munyakazi Sadate, Clare Akamazi na Bruce...

Abanyarwanda, Munyakazi Sadate, Clare Akamanzi na Bruce Melodie bari ku rutonde rw’abantu 100 batumiwe mu nama y’abayobozi bakomeye, abashoramari n’impuguke mu by’ubukungu muri Afurika yiswe “100 Most Notable Africans Leadership and Business Summit”,...

Aba ’Influencers’ bo ku mbuga nkoranyambaga basuye urwibutso rwa Jenoside...

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025, abasore n’inkumi bavuga rikumvikana ku mbuga nkoranyambaga (’Young Influencers’) basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero basobanurirwa ubutwari bwaranze Abanya Bisesero mu gihe cya...

Korali Elayono yashyize hanze indirimbo ibwira abantu ’Umwami utanga...

Korali Elayono ibarizwa mu Itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Remera, umudugudu wa Remera yashyize hanze indirimbo nshya bise Umwami w’Amahoro. Ni indirimbo bashyize hanze mu gihe kitageze ku kwezi bari bamaze bashyize hanze iyitwa Gusenga...

’Ntewe ishema cyane nanjye ubwanjye’ – Nyampinga wa Nigeria wahinyuje abamwibasiye...

Nyampinga (Miss) wa Nigeria, Chidimma Adetshina, yavuze ko atewe ishema no kuba yabaye uwa kabiri mu irushanwa rya Miss Universe, ndetse akagirwa Miss Afurika na Oceania. Nyuma gato yo gutsindwa na Miss Denmark, Victoria Kjær Theilvig, wegukanye...

Squid Game 2 iraje: ’Nakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere’ - uwayihanze

Ubwo nabazaga uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress) mu gutunganya igice cya mbere ku buryo yakutse amenyo atandatu, yahise ankosora vuba vuba, ati; “Ni umunani cyangwa...

Miss Rwanda yakatiwe gufungwa amezi atatu asubitse

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwahamije Miss Rwanda uriho ubu ibyaha byo gutwara imodoka yasinze no gutwara imodoka nta ruhushya afite, rumuhanisha igifungo gisubitse cy’amezi atatu n’amande y’amafaranga 190,000. Divine Muheto...

Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri

Ubushinjacyaha mu Rwanda bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kugonga ibikorwa remezo no guhunga aho yabikoreye. Muheto w’imyaka 21...

Miss Rwanda yafunzwe aregwa ‘gutwara imodoka yasinze, akagonga’

Polisi yatangaje ko yafunze umukobwa ufite ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda imushinja ibyaha birimo “gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo”, “kugonga no kwangiza ibikorwa remezo” no guhunga nyuma y’ibyo. Mu itangazo, Polisi ivuga...

Liam Payne: Icyamamare mu itsinda One Direction yahanutse mu igorofa ya hoteli...

Icyamamare Liam Payne, wahoze mu itsinda One Direction, yapfuye ku myaka 31 ari muri Argentina nyuma yo guhanuka mu igorofa ya gatatu ya hoteli mu mujyi wa Buenos Aires, nk’uko polisi ibivuga. Mu itangazo, polisi yavuze ko yabonye umurambo wa...

Abahanzi batanze ’show’ i Gahanga mu kwamamaza Kagame (AMAFOTO)

Bamwe mu bakunzi, abayobozi ba Rayon Sports bifatanyije n’abaturage b’Umujyi wa Kigali by’umwihariko Akarere ka Kicukiro kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe ku wa Mbere. Uyu munsi wari umunsi...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...