US yarashe ikigendajuru kitazwi icyo ari cyo hejuru y’ubutaka bwayo
11 / 02 / 2023 - 11:44Perezida Joe Biden wa Amerika yategetse indege y’intambara kurasa “ikigendajuru cyo hejuru cyane” kitazwi neza icyo ari cyo, kuko cyari “giteje akaga” indege za gisivile.
Umuvugizi w’ibiro bya perezida wa Amerika, John Kirby, yavuze ko icyo kintu...