Abakinnyi ba APR FC bavuye mu makipe y’ibihugu bakoranye n’abandi imyitozo bitegura Al Hilal
11 / 09 / 2025 - 23:07Abakinnyi ba APR FC bari mu makipe y’igihugu , mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane bakoranye na bagenzi babo bitegura umukino wa ½ tuzahuriramo na Al Hilal SC ku wa Gatandatu tariki 13 Nzeri.
Abakinnyi bane bari kumwe n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda...