Kigali: Hazanywe imiti myimerere ifasha ababaswe n’ingeso yo kwikinisha

Kwikinisha cyangwa se ’Mastrubation’ ni ingeso abantu benshi ku isi bagiraa cyane cyane urubyiruko kandi bakabikora bishimisha nyamara bigira ingaruka nyinshi ku mubiri w’umuntu.

Hari urubyiruko rwinshi rubikora rwumva ko ruri kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyangwa se kugira ngo ibitsina byabo bikure neza, guhaza irari ry’umubiri nyamara si byo kuko ingaruka bigira ni zo nyinshi.

Kwikinisha ni iki?

Kwikinisha ni igikorwa cyo gukinisha igitsina gikorwa umuntu agamije kugera ku byishimo bye byanyuma, bikaba bikunze kubaho umuntu ari wenyine. Bishobora kuba ku gitsina gore cyangwa igitsina gabo.

Abahanga mu buzima bw’imyororokere bavuga ko uretse abantu, inyamanswa nazo zikinisha. Bakomeza kandi bavugako umubare mwinshi w’abantu bikinisha bakunda kubikora buri munsi mu gihe abandi babikora byibuze rimwe cyangwa kabiri mu kwezi.

kwikinisha byaba biterwa n’iki?

Hari impamvu nyinshi zishobora gutera abantu kwikinisha muri zo twavuga nka:

 Kwigunga no kuba wenyine bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa bw’akazi bamarayo igihe kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.
 Kuba wahemukirwa n’uwo mwakundanaga ugasigara wumva wakwikemurira ikibazo uri wenyine.
 Kureba Film za Porono (Pornography) no kureba amafoto y’abantu bambaye ubusa.
 Kugira isoni no gutinya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
 Ku bagore, gukora imibonano mpuzabitsina ntibarangize bituma bikinisha kugira ngo barangize.
 Hari n’abandi bagendera mu kigare cyane cyane nk’abanyeshuri ugasanga niba umwe abikoze n’abandi baramwiganye.

Ese waba uzi ibibi byo kwikinisha?

• Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n’ukuboko bakoresha bikinisha.

• Kuba bazinukwa abo badahuje igitsina kuko baba bumva bihagije.
• Kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
• Ku bahungu, hari igihe bageraho bajya kunyara n’amasohoro akaza.
• Ku bakobwa cyangwa abagore byangiza rugongo kuburyo udashobora kurangiza keretse bikinishije.
• Guhorana umunabi no kwiheba.
• Ku bagabo byangiza intanga ngabo zikaba zaba ibihuhwe cyangwa ntizikorwe neza.
• Bishobora kwangiza ubwonko ugasanga umuntu arasusumira ndetse n’ingingo ntizikomere.
• Bishobora gutuma umutima utera nabi.
• Byangiza udutsi two mu bwonko ukaba waba umuntu uhubuka,utazi gufata ibyemezo.
• Bishobora gutera ubugumba ku bagabo.
• Bitera gusaza imburagihe.
• Bitera kubabara umugongo.
• Guhorana umunaniro ukabije,…………

Wabicikaho gute?

• Mbere na mbere banza wumve ko kwikinisha ari bibi kandi wiyemeje kubireka.
• Irinde kuba uri wenyine igihe kinini.
• Reka kureba filimi za poronogarafi ndetse n’amafoto y’abakobwa bambaye ubusa cyangwa se abasore bambaye ubusa.
• Gerageza gushaka ikintu uhugiraho nko gukora siporo, guhimba indirimbo, gushushanya,….
• Irinde kurara wenyine kuko iyo ubitekerejeho urikumwe n’umuntu utinya kubikora.
• Mbere yo kuryama reba ibintu ukora kuburyo unanirwa ugahita usinzira.
• Gerageza gushaka inshuti z’abo mudahuje igitsina ibi biragufasha cyane.
• Jya urya imbuto n’imboga zitandukanye kuko bituma umubiri ugira imbaraga bigatuma uhangana n’ingaruka zo kwikinisha.
• Gisha inama umuganga uzobereye mu buzima bw’imyororokere

Izi nama ni ingenzi kuko zagufasha kubicikaho,umubiri ugasubira uko wari umeze.niba utarabicikaho iki ni cyo gihe ngo ugerageze izi nama,bishobora kugorana ariko birashoboka.

Wari uzi ko hari imiti myimerere yagufasha guhangana n’ingaruka zo kwikinisha?

Kwikinisha bigira ingaruka nyinshi ku buzima bw’ubikora, cyane cyane nko kubagabo, bashobora kurangiza vuba ndetse no gucika intege mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ikindi kandi n’ubwonko bushobora kwangirika. Ubu rero hari imiti myimerere yagufasha gusubirana , ukongera kumera nkuko wari umeze mbere y’uko utangira ingeso yo kwikinisha. Muri iyo miti twavugamo: Cordyceps plus capsule, Vig power capsules, Pine pollen tea ,Soybean lecithin capsule, gingko biloba capsule, Protein powder…….Iyi miti ikoze mu bimera, nta zindi ngaruka igira ku buzima bw’uwayikoresheje.

Iyi miti y’imyimere ikorwa na Green World International ndetse ikaba yemewe ku rwego mpuzamahanga kuko yemewe n’ikigo cya FDA (Food and Drug Administration).

Ukeneye iyi miti wahamagara muri Horaho Life aho iboneka, kuri numero 0788698813/0728698813 cyangwa ukagera aho bakorera kwa Rubangura mu nyubako ya 3, mu muryango wa 302.

Umuti wa Cordyceps plus capsule

Umuti wa Vig Power, umwe mu miti ifasha cyane abafite ikibazo cyo kurangiza vuba

Umuti wa Lecithin capsule

Jean Denys Ndorimana/horahoclinic.rw

Inkuru bijyanye:

Kwikinisha hari ingaruka nziza bigira? Twababarije MUGANGA

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(24)
  • Niyibizi Alphonse

    Ugura Agahe Umuti Wokureka Kwikinisha

    - 17/07/2018 - 20:19
  • Munyanshongore Cedric

    ubutumwa umuti wo kwikinisha ugura angahe

    - 17/11/2018 - 09:50
  • Lion

    Mbashimiye cyane Kwiyo miti mufite ivura Ibibazo umuntu. yikururira none umuti umwe ugurwa frw angahe

    - 19/11/2018 - 15:27
  • Adrien Niyigaba

    Uwomuti ugura angahe?

    - 14/03/2019 - 04:08
  • akon

    nukuri ubuvyose ndabyemeye kuko byambayeho gusa muzagerageze mujye muyigeza no mu byaro kuko barayikeneyepe

    murakoze kandi kwizinama mutanze haruguru

    - 15/04/2019 - 08:25
  • itangishaka theogene

    murakoze chane imanaizabashe

    - 19/06/2019 - 22:58
  • Benimana yves

    Murakoze cyane Ku inama muba muduhaye imana ibahe umugisha

    - 25/07/2019 - 06:02
  • Mutabazi Fabrice

    Murakoze kubwizo nama. Ark usanga muntara iyo miti itahagera kd nanone sensiblization nayo haricyo yafasha abaturage

    √imiti igura angahe?
    √utabasha kugera ahavuzwe haruguru akeneye imiti yayibona ute?

    √ese abaguze imiti nyuma barakurikiranwa?
    Murakoze

    - 4/08/2019 - 22:50
  • chris Niyomukiza

    I burundi iyo miti twoyisanga heh?cank nta branch mufiseyo?igurwa angah?

    - 20/10/2019 - 14:14
  • ######

    Imana Ibafashe.Ese Kwikisha Biracyira Neza

    - 7/11/2019 - 14:19
  • ######

    Muraho ese umuntu yakwitaza frw angahe

    - 22/11/2019 - 05:02
  • ######

    Muraho ese umuntu yakwitaza frw angahe

    - 22/11/2019 - 05:04
  • Croud Phiri

    Mwaramutse neza .
    Nibyiza ko mudutekerezaho umunsi kuw’undi . Ariko nabazaga igiciro cya buri muti miri iyi mwaduhayeho urugero .

    - 29/11/2019 - 07:25
  • ######

    Umuti ugura angahe

    - 14/12/2019 - 18:45
  • ######

    Umuti ugura angahe

    - 14/12/2019 - 18:46
  • ######

    Umuti ugura angahe

    - 14/12/2019 - 18:46
  • ######

    MAZE IMYAKA 4 MUMFASH

    - 16/12/2019 - 10:33
  • UWIMBABAZI PACIFIQUE

    umuti umuntu utari kigali yawubona gute

    - 16/12/2019 - 16:13
  • ######

    Murakoze cyane
    nitwa Nyandwi Claude
    ndi kampaka ,
    elanga mwebale nnyo
    mwebalire ddala.

    - 9/01/2020 - 22:37
  • ######

    None uwo muti wagufasha kutarangiza vuba ugura angahe? Ntawo kongera ingano yigitsina se mugira kombona igitsina cyajye cyarasubiye inyuma kigenda kiba gito kdi ndatekereza bishobora kuba byaratewe nuko nikinishije. Mupfashe nkeneye gusubirana ubuzima buzima

    - 19/01/2020 - 09:40
  • ephrem

    Andika ubutumwa ESE iyomiti igira angahe

    - 23/01/2020 - 09:35
  • Ivonde

    Ese uwomuti wokwikinisha ugura agahe? Kokwushaka cyane ndimurutsiro

    - 13/02/2020 - 06:52
  • Hacimana j.marie

    jewe nanje ndumva KO bishobora kuba vyarangizeh’ingaruka mukub’iyo ndiko ndabikora ndambirwa nkanabiheba.ariko bishika kuncuro yakabiri.ese mu Burundi uwo mut’uraboneka kubatoshika mu Rwanda?munyishuye mwoba mukoze

    - 28/02/2020 - 10:22
  • Dieu aime kakulu merci

    nibyiza nokutubyira numuti umuntu akoresheje ibimera

    - 29/03/2020 - 20:41
Tanga Igitekerezo