Photo:Dr Iba Mayele umuganga uvura indwara z’abagore( gynécologue) mu bitaro bya Polyclinique de l’Etoile
Muri wa mwanya twabageneye wo kubaza indwara cyangwa ibibazo bigendanye n’ubuzima , natwe tukababariza muganga, ‘kwikinisha’ niyo ngingo ikomeje kubazwaho na benshi, haba ababaye imbata yabyo cyangwa abagizweho ingaruka nabyo nyuma yo kumara igihe kinini bikinisha.
Kugeza ubu ntabushakashatsi bwigeze bukorwa ngo bugaragaze uko ‘kwikinisha’ bihagaze mu Rwanda, ababikora, ikigero cy’imyaka bariho n’ingaruka nziza cyangwa mbi bibagiraho.
Dukurikije ibibazo twagiye twakira, ndetse n’urubyiruko runyuranye rwaganiriye n’abanyamakuru ba Rwandamagazine.com, kwikinisha ni ingeso yeze cyane mu rubyiruko ariko idakunda kuvugwaho cyane, ngo hagarukwe no kubibi byayo, abenshi bakazisanga bagizweho n’ingaruka zikomeye batakibashije gusubira inyuma. Nubwo bamwe babijyamo babikunze ariko hari n’abo byagize imbata burundu.
Umwe mu basomyi ba Rwandamagazine yadusabye ko twazamubariza muganga niba mubyukuri hari ibyiza byo kwinisha bibaho , ingaruka mbi zabyo ndetse n’impamvu hari abashakanye nabo bakunda kwikinisha.
Twababarije muganga
Mu gushaka gusobanuza n’ingeso yo kwikinisha , twegereye Dr Iba Mayere , umuganga uvura indwara z’abagore( gynécologue) mu bitaro bya Polyclinique de l’Etoile biherereye mu Mujyi wa Kigali hafi ya Kiliziya ya Sainte Famille.
Twatangiye tumubaza icyo kwikinisha aricyo n’igihe bavuga ko umuntu runaka yikinishije. Dr Iba yadusobanuriye ko ari igikorwa cyo gukorakora imyanya ndangagitsina ariko ubikora akaba afite intego yo kugera ku byishimo bye byanyuma (orgasme). Ibi ngo bikorwa n’abakobwa , abasore ndetse n’abashakanye bamwe na bamwe.
Ku cyaba gitera umuntu kwikinisha, Dr Iba Mayele yadusobanuriye ko abenshi babiterwa no gutekereza cyane ku gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina ariko bakabura abo bagikorana, bikabatera kwikinisha.
Hari ingaruka nziza kwikinisha bigira? Ingaruka mbi zabyo ni izihe?
Ku kibazo cyo kuba kwikinisha hari ingaruka nziza byaba bigira, Dr Iba yemeje ko uretse kwumva ubikora ashize ipfa ntayindi nyungu runaka bimarira ubikora.
Ingaruka mbi zo kwikinisha ahanini ngo ziba ari ikora nabi ry’imyanya ndangagitsina (Troubles sexuelles). Muri izo twatanga urugero rwo kurangiza vuba ku bagabo(ejaculation precose).
Indi ngaruka mbi nk’uko Dr Iba Mayele abitangaza ni uko uwamaze igihe kinini yikinisha, ahurwa gukora imibonano mpuzabitsina kuko aba yumva aribyo bimumara ipfa. Ibi kandi bigendana no kuba rimwe na rimwe yumva adakeneye umukunzi kuko aba yumva ntacyo yamumarira, n ‘izindi ngaruka zigendanye n’imitekereze.
Kuki abashakanye bamwe nabo bagira iyi ngeso?
Kuri iki kibazo Dr.Iba Mayele asobanura ko ahanini ikibitera ari uko umwe muribo(umugabo cyangwa umugore), aba yarakuze yikinisha, yanagera mu rugo, agakomeza kubikora kuko aba aribyo aba yaramenyereye ko bimumara ipfa. Indi mpamvu ngo itera abagabo kwikinisha kandi bafite abagore ni ukuba batabasha gushimisha abagore babo, nyuma bakarekeraho gukora imibonano mpuzabitsina, ibyishimo byabo bakabishakira mu kwikinisha.
Uwabaswe n’iyi ngeso aravurwa agakira?
Dr. Iba Mayele avuga ko ahanini iki kibazo gituruka mu mitekereze y’ubikora bityo ko iyo yumva abangamiwe nabyo agana muganga uvura indwara zo mu mutwe (Psychologue). Kuba yatinda gukira cyangwa bikananirana ngo biterwa n’igihe kinini uwabaswe no kwikinisha abimazemo. Ku birebana n’abagezweho n’ingaruka zo kwikinisha, Dr. Iba avuga ko aribo baba bagomba kugana abaganga bavura indwara zigendanye n’imyanya ndangagitsina, ku bagore n’abagabo (gynécologue).
Ni iyihe nama yarinda urubyiruko kwishora mu ngeso yo kwikinisha?
Nkuko twabibonye haruguru ingaruka mbi nizo nyinshi kurusha ibyiza urubyiruko rwungukira mu kwikinisha. Tumusabye kugira inama agira urubyiruko, Dr. Iba yagize ati “ Ntabwo ari ibintu bidasanzwe, ahubwo bisaba kwirinda kwitegeza filimi z’urukozasoni zigaragaza abakora imibonano mpuzabitsina, filime zirimo ubusambanyi bukabije, amafoto atuma ugira irari ry’imibonano mpuzabitsina no kwirinda ibiganiro biganisha ku mibonano mpuzabitsina bitabafitiye inyungu.”
Niba na we ufite uburwayi wumva twazakubariza muganga watwandikira kuri [email protected]
Ruboneka Innocent
Nonese Kohari Abarangizavuba Kd Batarigeze Bakora Mastribation? Bivakuki?.Muzatubarize.Ingoninshi Zirimugusenyuka Kubericyokintu Mugihe Umugabo Adahaza Umugore Ugasanga Amucyinyuma!!.Byakogwagute Kugirango Umugabo Arangirize Rimwe Numugore? Murakoze.
######
Non Twobiheba Gut Ntabugumba Bitera ?
######
Inama nagira abikinisha nuko babireka byihuse kuberako atari byiza habe bitazamuviramo ingaruka zavuzwe haraguru. Murakoze cyane.
Claver
Nivyiza.None Kuwoba Yabitanguye Kera.Yovugwa Agakira? Kuwabtanguye Vuba Inzira Inyaruka Yokubheba Yokora Ik?
######
Ese Ukokurangiza Vuba Guturutse Kukwikinisha Vyoba Bishika Kugahera Kwijanye Konyene Canke Kwoba Kuvurwa?
######
ubireste wakongera ukarangiza bitinze?
Habakurama venuste (rukundo)
Yeweee!!! Kwikinisha singeso nziza ikwiyegucika burundu nange nakunze umukobwa abijyanamo none bingeze kure ub,umugongo ungeze kure sinunamuka kandi ndi umusore wi myaka 23 ikibabaje nuko uwabinganyemo ari uwo niteguraga kubana nawe muzamutwakire number ze nibitaro akoreramo murakoze !
rukundo
Ese umuntu yakwifata gute?
AMOUR
nitwa amour ndimuri congo nfiteimyaka16 arikobyarananiye kurekakwikinisha nkoreiki ngirainama
######
nange nabitangiye mfite imyaka14 nonemfite22 nesinkiterezaneza ibyo nkora ndahubuka none nimboroyarabuze sinkigira ubushake bwimibonano mbesenarumiwe ntinya nokuzana umugore kandinarubaste mbesubu narihebye numva nanakwiyahura
irankunda braise
Andika ubutumwa ese uretse kwikinisha warangiza gukora imibonano utinze?
Dgmalu
murakoze. mariza muganga, uti ’’umuntu abaye ahagaritse kwikisha ntago yakira atagombye kujya kwa muganga?
######
Sinikinisha Ariko Inamanaha Abikinisha Nukobabyikuramo Kukonubundinibo Babyishiramo,
tuyishimire emmanuel
ESE uwabiretse Burundu ingarukayahuye Nazo zirikiza?
Nyabenda Gilbert
None Komwavuze Ngo Uwafashwe Ningarukambi Zokwikinisha Ngo Agana Muganga Avura Indwara Zomumutwe, Mukaba Mwavuze Ko Bashora Gukira Nigihe Badakira Ngobivanye Nigihe Abikoze None Areka Gukira Yabikoze Nkimyaka Ingahe?
gasirwa paulin
Andika ubutumwa mumbwire ibyo bavugako uwikinishije atabyara nibyo Koko biterwa Niki? umuntu yabyirinda ate?
arihafiemmanuel
ese umuntu yaza mukamuvura?
Muvunyi Eric
Ese birashobokako umuntu mugihe inangaze ziza zikomeye kandi abikoze igihe kirekire yananirwa kubyara?
######
Mugire amahoro
abikinisha basabe
UWITEKA Imbaraga
azabashoboza
kubicyikaho. Murakoze
ndi Indago - Burera.
jean
abant barway nibensh cyne gukir ndumv btorosh
######
kwikinishanibibikabs!
######
umuti nangahe.
Judith
Mfite ikibazo mpora mbabara mukiziba kinda ese byaba biterwa niki ?
Byakizwa niki?
######
Mungire inama komaze imyaka itatu nkora igikorwa cyo kw’ikinisha ubu navurwa nkakira?
######
Murakoze Kugira Inama Urubyiruko
DAVID
MAZEIMYAKA 3MBIKORAMWANGIRAIYIHENAMA
MUMUMBARIZE MURAKOZECYANE
######
Murakoze.Za.Muratubwira.Vyishi.
Kanimba
Kwinjiza Mu Mwenge Wa Matora Watoboye Nabyo Ni Ukwikinisha
Zabulon
Non Iyo Umuntu Atagira Ubushake Bw Gukora Imibonano Mpuza Bitsina Biba Biva Kuki?Mb Hoho Uwikebesheje Nuwutikebesheje Bitandukanirahe ?
Nitwa Alexis
Andika ubutumwa Jew Nitwa Alexis Maz Inyaka Myishi Nisambanya None Ubu Mfise Ubwoba Bwukungene Nzobiheba Vyarananiye Guheba Banyakwubahwa Ndabasavye Mungire Inama Yukungene Novavanura Niyo Ngeso Mbi Yanse Kumvamwo Muzoba Mukoze.
######
Amazinya TUYISIME Murakoze maze igihekitarigitonikinisha imwaka 5u nageragejekubirekabyarananiye niyombiretsembireka 3
Ndayikeza Saimon
Ese Nimba Kwikinisha Bikira Umuntu Arashobora Gusubirana Ubushobozi Nkubwo Yahoranye Atarabikora?
######
Mutubwire umuti ubivura
HABAKURAMA.ANASTASE.16.5.2019
KWIKINISHA.NIBIBICYANE.KUJYIRANGO.UMUNTU.ABIREKE.YAKORA.IKI?
######
nukwikinisha byatuma umugore atabyara
MOSES JOSHUA
ASANTE SANA KWAHIA MNIAMBIYE DAMA
Cyprien
None ko iyo mvugnye numuntu nyuma yogushyukwa igitsina gihita giciks intege byaba biterwa Niki?
kwizera
natangie kwikinisha mfite imyaka 15 kugeza aho mfite imyaka 20 kandi ubu iyo nikinishije ndangiza nyuma yamasegona 9 kandi ngewe sindigera sambana narimwe, nonubu mwamvura ngakira
Alcene tailor
maze imyaka 8 mbikora ubwo sinoba narangiritse muri organe genital.?
gérard nizeyimana
Jew Ndi Umurund Kwikinisha Vyaranse Kumvamwo Numukobwa Ntumbarir
¥<!**
Kwikinisha bitera ubuhe burwayi ku bwonko, kumugongo,ku mwijima, ku mpyiko? Twumvako zihari ni izihe?
EMMANUEL
ndibwamugiticyumugogo iyompagazeumwanyacyagwanicyaye?munsobanurile!
Gedeon shallom
Iyingeso rwose niharebe uburyo yakumirwa kuko iratumaraho urubyiruko nimba bishoboka hakorwe ubukangura mbaga mumanama,amashuri,ndetse no munsengero mbese ahantu hakunda guteranira abantu benshi.
Gedeon shallom
Iyingeso rwose niharebe uburyo yakumirwa kuko iratumaraho urubyiruko nimba bishoboka hakorwe ubukangura mbaga mumanama,amashuri,ndetse no munsengero mbese ahantu hakunda guteranira abantu benshi.
MUTUYI MANA.
mfime imyaka 20
kwikinisha ningwara itarizwi ariko benshi babaye imbatayayo
nabikinishaga ark xinzongera.
######
ese umuntu wikinishije igihe kinini akabireka nyuma ashobora gukira ntamiti yafashe?
######
Andika ubutumwa mwaramyutse ukeneyekwivugabasangahe?
TUYISHIRE Faustin
Ngewenrwaye ingesoyokwinisha narivujebwangagukira none ahabigezendunvangiyegupfa kandi ntamafaranganfite nonemwangira iyihenama mwambabariye mukanfasha konange atarie ar’umubiri MURAKOZE ntuyekumugina jenda .
Jacky uwase
Ese kwikinisha hari ingaruka bigira munda ibyara cg se kukubyara mugihe ugeze igihe waba wifuza kubyara
######
KUBASORE BIBAGIRAHO IZIHE NGARUKA
Elyseé
ngewe maze imyaka3 nahereye mur2017
mur2019 ndabirek nkamez4.nyuma ndongera nkajya mbikora nka1 mukwez none aho bigeze igitsina cyange cyaragoramy . ese cyakongera kikagororok?
ese uwaza kwivuza yakira? muhererey heh? umuntu yakwitwaz ik? murakoze!!
Texasi aime
Murakoze kudusobanu ingaruka zo kwikinisha haba harimiti ivura kurangiza vuba? wakori ku kugirango igitsina gikure?
thiery igiraneza
gusa wikinishije 5ans ham ugatinda ukabireka burundu umubiri urasubira kwi ahowahora?