Nibura muri 2027, abajyanama b’ubuzima bose bazajya bavura banatange raporo bakoresheje telefone - RBC
24 / 04 / 2026 - 01:28Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, gitangaza ko hariho gahunda y’uko nibura muri 2027, abajyanama b’ubuzima bose bazaba bakoresha uburyo bwo kuvura Malariya no gutanga raporo bakoresheje telefone, aho kuba kubika amakuru mu bitabo.
Iyi...














