Nkurangire aho wowe n’inshuti zawe mwasanga ihene itekanye ubuhanga (AMAFOTO)
15 / 11 / 2019 - 12:44Inyama ni kimwe mu biribwa bikundwa na benshi ariko nanone zigakundwa cyane zokejwe. Mattina Motel ikomeje kudabagiza abakunda inyama zokejwe mu buryo bwihariye. Kuri ubu bakaba baramaze gutangira kugeza ku bakiriya ihene itekanye ubuhanga....




