Uko bafatanywe magendu y’inzoga za liqueur zifite agaciro k’asaga miliyoni 5 Frw
13 / 04 / 2023 - 07:05Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), kuwa Mbere tariki ya 10 Mata, ryafashe abagabo batatu bakoraga ubucuruzi bwa magendu nyuma yo kubagwa gitumo bafite amakarito y’imivinyu n’amacupa y’inzoga za liqueur za...