Umurenge Kagame Cup: Amafoto 150 utabonye Masaka yegukana igikombe cy’Umujyi wa Kigali

Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Umurenge wa Masaka yegukanye igikombe cy’Umurenge Kagame Cup ku rwego rw’Umujyi wa Kigali itsinze Umurenge wa Masaka ibitego 3-1.

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2026 kuri Tapis i Nyamirambo guhera saa cyenda z’amanywa.

Mu mupira w’abagabo, amakipe yombi yageze ku mukino wa nyuma azahagarira Umujyi wa Kigali ku rwego rw’Intara kuko Umureneg wa Jabana uheruka kwegukana iki gikombe ari uwo mu Mujyi wa Kigali ari nabyo bituma Umujyi uhita uhagararirwa n’amakipe abiri.

Mu mupira w’amaguru w’abagore, Umurenge wa Kacyiru wegukanye igikombe nyuma yo gutsinda uwa Mageragere.

Muri Volleyball, mu bagore, Umujyi wa Kigali uzahagararirwa n’Akarere ka Kicukiro

Muri Basketball, mu bagore n’abagabo, Umujyi wa Kigali uzahagararirwa n’Akarere ka Kicukiro.

Muri Sitball, ,mu bagore n’abagabo, Umujyi wa Kigali uzahagararirwa n’Akarere ka Gasabo.

Muri iyi mikino kandi hanahembwe abasiganwa ku maguru bazahagararira Umujyi wa Kigali.

Adolphe ( wambaye numero 4) niwe watsindiye Masaka igitego cya mbere mu minota ya mbere y’igice cya mbere

Kuri uyu mukino wa nyuma, ubwitabire bwari hejuru cyane

Kalinda Jean De Dieu, Team Manager w’ikipe y’Umurenge wa Masaka yishimira igikombe

I bumoso hari Nduwayezu Alfred, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Masaka uri mu bishimiye cyane kwegukana iki gikombe

Impanga zikinira Umurenge wa Masaka zishimira iki gikombe cyo ku rwego rw’Umujyi wa Kigali

Muri Volleyball, mu bagore, Umujyi wa Kigali uzahagararirwa n’Akarere ka Kicukiro

Muri Basketball, mu bagore n’abagabo, Umujyi wa Kigali uzahagararirwa n’Akarere ka Kicukiro.

Abazahagararira Umujyi mu gusiganwa ku Maguru nabo bahembwe...Umurenge wa Kimihurura niwo wegukanye igikombe. Itozwa na Myasiro Jean Marie Vianney wahoze asiganwa ku maguru

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo