Kuri ubu ku isoko hamaze kugera umwambaro mushya w’abafana ba APR FC bazajya baserukana ku mikino inyuranye bashyigikira ikipe yabo.
Ni imyenda kuri ubu iri kuboneka muri Kigali City Market, Kigali Vision Sports no muri Hope Line Sports.
Buri mupira umwe uzajya ugura ibihumbi umunani by’amafaranga y’ u Rwanda (8000 FRW). Abafana bari bwitabire umukino Gasogi United yakiramo APR FC mu gikombe cy’Amahoro barazisanga kuri Stade. Ni umukino ubanza wa 1/4 utangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri Kigali Pele Stadium.
Ukeneye ibisobanuro birambuye wahamagara muri Kigali City Market kuri
0788739233
, Kigali Vision Sports kuri
0780721384
cyangwa muri Hope Line Sports kuri
0788438123
.
/B_ART_COM>