INKURU ZIHERUKA

Kenya: Menya umugore wa mbere uyoboye igisirikare kirwanira mu kirere

Perezida wa Kenya William Ruto yashyizeho umugore wa mbere uyoboye igisirikare cy’icyo gihugu kirwanira mu kirere. Jenerali Majoro Fatuma Gaiti Ahmed abaye umugore wa mbere mu mateka ya Kenya uyoboye imwe muri serivisi z’igisirikare cy’iki...

Abarinda Perezida Kagame basubiriye Division ya 4 (AMAFOTO)

Mu mukino wabereye mu Karere ka Huye kuri Stade Kamena kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Gicurasi 2024, Ikipe y’Abarinda umutekano wa Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu ’Republican Guard Rwanda’ (RG) yatsinze 1-0 iy’abasirikare bo...

ARYOHA ASUBIWEMO:Amafoto utabonye Rayon Sports WFC yegukana igikombe...

Ku wa kabiri tariki 30 Mata 2024, kuri Kigali Pelé Stadium Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze ibitego 4-0 Indangahangarwa WFC byose byatsinzwe na Mukandayisenga Jeannine [Kaboy] byayihesheje igikombe cy’Amahoro cya yo...

Ibyishimo bisendereye bya Rayon WFC nyuma yo kwegukana igikombe cy’Amahoro...

Ibitego 4-0 Rayon Sports yatsinze Indangahangarwa WFC byose byatsinzwe na Mukandayisenga Jeannine [Kaboy] byayihesheje igikombe cy’Amahoro cya yo cya mbere. Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Mata yari yakiriye umukino wa nyuma...

Iran: Inkuru y’ukuntu abashinzwe umutekano bishe uyu mwangavu

Umukobwa w’Umunya-Iran w’umwangavu yakorewe ihohoterwa ryo ku gitsina ndetse yicwa n’abagabo batatu bo mu nzego zishinzwe umutekano za Iran, nkuko bikubiye mu nyandiko yahishuwe, byumvikana ko yatanditswe n’izo nzego zishinzwe umutekano. Iyo...

Classic FC, ikipe ikomeje kwigarurira imitima y’Abanya Rwamagana...

Ikipe ya Classic FC yo mu karere ka Rwamagana ikina mu cyiciro cya gatatu muri shampiyona y’umupira w’amaguru ikomeje kwigarurira imitima y’abatuye muri Rwamagana nyuma y’uko imaze gutsinda imikino yose mu rugendo rugana mu cyiciro cya kabiri. Mu...

Urungano United bakomeje gahunda yo gukundisha abanya Kigali gukora...

Muri gahunda ndende bihaye yo gukundisha abantu gukora Siporo cyane cyane abanya Kigali, abagize Urungano United bakomeje gukora amarushanwa atandukanye akomeza kunyuzwamo ubutumwa bwo gukangurira abanya Kigali by’umwihariko kwitabira Siporo kuko...

AMAFOTO 250 utabonye:Gasogi yakomeye amashyi APR FC mu mukino zanganyijemo

Kuri iki cyumweru tariki 28 Mata 2024 kuri Kigali Pele Stadium, APR FC yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, mu mukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona Gasogi yabanje gukomera amashyi APR FC nk’ikipe yamaze kwegukana igikombe cya Shampiyona. Mu...

Uko kompanyi y’indege ikomeje kwibeshya ku mukecuru w’imyaka 101 ikamwita...

Umukecuru w’imyaka 101 akomeje yibeshywaho ko ari umwana w’uruhinja kubera ikosa ryo mu buryo bwo mu ikoranabuhanga bwa kompanyi y’indege bujyanye no gukatisha itike mbere y’igihe cy’urugendo. Icyo kibazo kibaho kubera ko ubwo buryo bwa kompanyi...

Rep. Guard yatsinze Division 4 ikomeza kuyobora itsinda (AMAFOTO)

Ikipe y’Abarinda umutekano wa Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu ’Republican Guard Rwanda’ (RG) yanyagiye iy’abasirikare bo muri Division ya kane ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu wo mu itsinda w’Irushanwa ryo Kwibohora...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Impagarara nyuma y’uko umunya Ukraine atowe nka Miss w’Ubuyapani

"Imbogamizi zishingiye ku ruhu, zabaye ingorabahizi ku kwemerwa nk’Umuyapani." Uko ni ko Carolina Shiino yavuze ari kurira mu magambo y’Ikiyapani cyiza nyuma yo kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’Ubuyapani [Miss Japan] ku wa Mbere. Umunyamideli...

Bruce Melodie, Ariel Wayz, Chriss Eazy, Kenny Sol na Bwiza bashimiwe...

Abahanzi nyarwanda barimo Ariel Wayz, Chriss Eazy, Bruce Melodie, Kenny Sol na Bwiza bashimiwe mu birori byebereye i Kigali kuba baratoranijwe mu bazavamo abahabwa ibihembo mu birori by’iserukiramuco rya Trace Awards& Festival biteganijwe...

Ibihembo bya Trace Awards &Festival bigiye gutangirwa mu Rwanda...

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 Televiziyo ya Trace imaze ibayeho ikanaba ku isonga mu guteza imbere umuziki by’umwihariko uwo muri Afurika, Trace irateganya gutangiza ku mugaragaro ibirori bya Trace Awards & Festival bizabera i...

Agahinda k’abafana ba muzika kubera inkuru yo gutandukana kwa Sauti...

Itsinda rya Sauti Sol ryo muri Kenya ryatangaje ko rigiye gukora ibitaramo bya nyuma mbere y’uko ritandukana “kugeza igihe kitazwi”, inkuru benshi bagaragaje ko ibababaje cyane. Iri ni itsinda rya muzika rikomeye kandi rizwi cyane mu karere rimaze...

Umugore wa kabiri mu rubanza rwa Trump

Urubanza ruregwamo Donald Trump rushingiye ku kwishyura Stormy Daniels, umugore wahoze ari umukinnyi wa pornography. Gusa abashinjacyaha banakomoje ku wundi mugore. Inyandiko z’urukiko zivuga ko hari ubwishyu bwakorewe Trump ku “mugore 1” – uwo...

Justin Bieber yagurishije uburenganzira ku ndirimbo kuri miliyoni...

Justin Bieber yagurishije imigabane ku burenganzira kuri muzika ye na kompanyi yitwa Hipgnosis Songs Capital kuri miliyoni $200. Iyi kompanyi ubu nayo ifite imigabane ku ndirimbo z’uyu muhanzi zirimo n’izakunzwe cyane za vuba aha – nka "Baby" na...

Ahari Kubakwa Wakanda ya Akon Ubu Hararagirwa Ihene, Icyizere ku Nzozi z’Ifaranga...

Umuririmbyi rurangiranwa w’injyana ya RnB Akon avuga ko imigambi ye yakerejwe cyane- umujyi wa Afurika ku nkengero z’inyanja muri Senegal- ikomeje kugenda neza ku kigero cya 100.000%. Nubwo ihene ubu ari zo zirirwa zirisha ibihehe n’ibishikashike...

Kuki Ingimbi n’Abangavu B’Ubu Batari Uko Bahoze Kera?

Umuntu aravuka akaba umwana hanyuma agakura akaba umuntu mukuru hagati aho habaho ikindi cyiciro cy’abantu babaho mu gushayisha, mu buzima butari ku murongo na gato kandi bahora mu kajagari, akavuyo na rwaserera mu mitwe yabo. Reka twifashishije...

Iduka ryagutse, imyambaro igezweho...Ni IBISHYA GUSA MURI GOGO FASHION...

Nyuma y’uko abagana Gogo Fashion Boutique bakomeje kuba benshi ndetse bagashima serivisi bahabwa, kuri ubu iri duka ricuruza imyambaro igezweho ryamaze kwagurwa ndetse bongeramo ibindi bishya bigezweho. Gogo Fashion Boutique iherereye mu Mujyi...

R’Bonney Gabriel niwe watsindiye kuba Miss Universe 2022

R’Bonney Gabriel wabaye Miss USA 2021 niwe wegukanye irushanwa rya Miss Universe 2022 mu ijoro ryo kuwa gatandatu. Yashyikirijwe ikamba na Harnaaz Kaur Sandhu wo mu Buhinde wari wegukanye irya 2021. Abakobwa b’uburanga b’ahatandukanye ku isi bari...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...