Tandukana n’ingaruka za Diyabete ukoresheje iki gihingwa gitangaje

Muri iki gihe indwara zitandura (Non communicable diseases) ziri kwibasira abantu benshi haba ku isi ndetse no mu Rwanda. Muri izo ndwara zitandura twavugamo nka Diyabeti, Cancer, Umuvudukao ukabije w’amaraso, Asima,…..

Akenshi ahanini usanga ziterwa n’imibereho yacu ya buri munsi, yaba ibyo ibyo turya,ibyo tunywa,uko twitwara ndetse n’ibindi. Indwara rero ubu iri mu zihangayikishije benshi ni Diyabeti, benshi bakunze kwita indwara y’igisukari. Iyi ni indwara iterwa n’uko inyama yo mu nda ishinzwe kuringaniza isukari yananiwe gukora neza, bigatuna igipimo cy’isukari mu mubiri kijya hejuru bigatera umubiri kugira ingorane nyinshi.

Muri iyi nkuru tugiye kureba igihingwa gitangaje kirinda ingaruka mbi za Diyabeti ndetse kikanaringaniza igipimo cy’isukari mu mubiri. Icyo gihingwa bacyita Balsam pear (Plant insulin) ku bantu rero barwaye.

Akamaro k’iki gihingwa

Iki gihingwa kigirira akamaro kenshi umubiri.Muri yo twavugamo:

 Kiringaniza igipimo cy’isukari mu mubiri
 Kirinda ingaruka mbi ziterwa n’indwara ya Diyabeti, nko kugira umwuma, inzara ikabije,gutakaza ibiro bikabije, kugira ibisebe bigatinda gukira.
 Gifasha igogorwa ry’ibiryo (Digestion) kugenda.
 Gifasha gutwika ibinure mu mubiri bigatuma umuntu ananuka
 Gifasha abantu bagira ikibazo cy’impatwe (constipation)
 Kirinda kurwara indwara z’umutima
 Gifasha kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri bityo umuntu ntarwaragurike cyane.

Iki gihingwa kiboneka hano iwacu mu Rwanda ?

Kugeza uyu munsi nta muntu mu Rwanda urahinga iki gihingwa, ariko nubwo tutagihinga kitugeraho gikoze mu buryo bw’amajyane aho ushobora kugikoresha mu buryo bw’icyayi. Iki cyayi cyiza cyane rero bacyita “Balsam Pear Tea” iki rero gikoze ijana ku ijana muri cya gihingwa kitaboneka mu Rwanda kandi kikagirira umubiri akamaro kenshi nkuko twakabonye hejuru.

Ku barwayi ba Diyabeti :

• Iki cyayi gifasha inyama bita impindura (Pancreas) kuringaniza isukari neza,ikajya ku rugero rwiza,kuko gifasha gusana uturemangingo tw’impindura tuba twarangiritse. Kubantu rero bafite ikibazo cy’isukari iri hejuru cyangwa se abarwaye indwara y’igisukari (Diyabeti),iki cyayi kibagirira akamaro cyane,bigatuma isukari ijya ku rugero rwiza mu mubiri.

• Ikindi kandi,ku barwayi ba Diyabeti,kirinda ingaruka zishobora guterwa na diyabeti,nko umwuma ukabije, inzara ikabije,gutakaza ibiro bikabije, kugira ibisebe bigatinda gukira, kwangirika kw’imyakura (Peripheral neuropathy),isereri,……

Kizewe gute?

Iki cyayi kirizewe kandi gikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga kuko gifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration) kandi nta ngaruka kigira ku muntu wagikoresheje kuko gikoze ijana ku ijana mu bimera.

Uramutse ukeneye iki cyayi cyiza,wagana aho Horaho Life ikorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa Rubangura, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kubahamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 ku bindi bisobanuro.

Pt Jean Denys

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo