Jules Ulimwengu yahesheje Rayon Sports amanota 3 imbere ya Police FC. Gutsinda uyu mukino bihesheje Rayon Sports gufata umwanya wa mbere n’amanota 60, irusha inota rimwe APR FC ya kabiri n’amanota 59 mu gihe hasigaye imikino ine gusa ngo shampiyona irangire.
Byasabye gutegereza iminota 86 kugira ngo Rayon Sports ibone igitegi cyatsinzwe na Jules Ulimwengu ku mupira wari urenguwe na Irambona Eric winjiye mu kibuga asimbuye. Jules Ulimwengu yahise agira ibitego 17 akomeza kuyobora ba rutahizamu bamaze gutsinda ibitego byinshi.
11 Rayon Sports yabanje mu kibuga
11 Police FC yabanje mu kibuga
Hakizimana Kevin yabanje kwifotoza na Jules Ulimwengu bose bakomoka i Burundi
Gilbert Mugisha winjiye asimbuye agahindura byinshi
Irambona na we yinjiye asimbuye ndetse akina neza anarengura umupira wavuyemo igitego
Uko Jules Ulimwengu yatsinze igitego
Paul Muvunyi, Perezida wa Rayon Sports
Minisitiri w’Ubuzima Diane Gashumba yishimira igitego
Maitre Freddy, Visi Perezida wa Rayon Sports yishimira igitego
Bamwe mu bayobozi muri Polisi y’igihugu barebye uyu mukino
Umukino urangiye, Robertinho yapfukamye ashimira Imana
PHOTO:RENZAHO Chroistophe
Andi mafoto menshi, Videos n’inkuru irambuye ni mu nkuru zacu zitaha
Tuyisenge emmy
Nzakugwinyuma gikundiro nkunda ndifuza igikombe nubikora nzakwitura
John Uchi
icyobita gukubita utababarira ubu uwo ducakiye uwambere ntabyo kurekura
niyoyo
EWANA GIKUNDIRO ITURAJENEZA MUKOMEREZE AHO BAHUNGUBACU.SITE YA RAYON KO ITAGIKORA WADUSOBANURIRA AHOTWASHAKIRA AMAKURU Y’EQUIPE BITATUGOYE.
Rwatubyaye
Police ibisambo byayicitse ariko ntabwo bizongera kuyibaho,, ariko police yacyinyye umukino mwiza
TEWOJENE UWIMANARIZER
nangenishimiye iyonsinziyareyo icyotuyisabiye nkabafana nizigere itakazumucyino numwe ngomwirebere igikombe ngoturagitah