MU MAFOTO, UKO BYARI BYIFASHE UBWO PEREZIDA KAGAME YITABIRAGA IYI SIPORO RUSANGE:
Abantu bo mu byiciro bitandukanye bitabira iyi siporo rusange ikowa 2 mu kwezi
Perezida Kagame yaje ku akora Siporo yo kunyonga igare
Uhereye i bumoso : Rwakazina Marie Chantal umuyobozi w’Umujyi wa Kigali , Perezida Kagame, Minisitiri w’Ubuzuma, Diane Gashumba, na Nyirasafari Esperance, Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo
Perezida Kagame yabemereye ko igihe cyose azajya abona akajya azajya aza bakifatanya gukora Siporo
Perezida Kagame niwe wahembye abahize abandi mu byiciro binyuranye
Perezida Kagame yasabye ko umubare w’abitabira iyi Siporo rusange urushaho kwiyongera
PHOTO:Plaisir Muzogeye & Village Urugwiro
Inkuru bijyanye: