MU MAFOTO, uko byari byifashe ubwo Perezida Kagame yitabiraga ’ Car Free Day’

Kuri iki Cyumweru tariki 21 Ukwakira 2018, Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abanya Kigali muri Siporo rusange ’ Car Free Day’ asaba ko umubare w’abayitabira wakomeza kwiyongera ndetse yibutsa abayitabiriye ko gukora Siporo birinda indwara nyinshi bikanafasha uyikora kugira imitekerereze myiza bikamufasha kubaka igihugu uko bikwiriye.

MU MAFOTO, UKO BYARI BYIFASHE UBWO PEREZIDA KAGAME YITABIRAGA IYI SIPORO RUSANGE:

Abantu bo mu byiciro bitandukanye bitabira iyi siporo rusange ikowa 2 mu kwezi

Perezida Kagame yaje ku akora Siporo yo kunyonga igare

Uhereye i bumoso : Rwakazina Marie Chantal umuyobozi w’Umujyi wa Kigali , Perezida Kagame, Minisitiri w’Ubuzuma, Diane Gashumba, na Nyirasafari Esperance, Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo

Perezida Kagame yabemereye ko igihe cyose azajya abona akajya azajya aza bakifatanya gukora Siporo

Perezida Kagame niwe wahembye abahize abandi mu byiciro binyuranye

Perezida Kagame yasabye ko umubare w’abitabira iyi Siporo rusange urushaho kwiyongera

PHOTO:Plaisir Muzogeye & Village Urugwiro

Inkuru bijyanye:

Perezida Kagame yitabiriye Siporo rusange

IZINDI NKURU
Ibitekerezo(0)
Tanga Igitekerezo